Nyuma yo kujyanwa n’urwego rw’ubushinjacyaha mu Rwanda (RIB) kuri uyu wa kabiri tariki ya 8 Ukuboza 2020 ngo akajya “kugirwa inama” Aimable Karasira avuga ko hari ibyo yasabwe kutazongera kuvugaho ariko ibi ntabwo byamubujije kuba arimo kwitegura gusohora indirimbo yise: “Kajeguhakwa kanze guhakwa“
Mwakurikira byose mukiganiro yahaye Sylver Mwizerwa ku murongo wa telefone