Uhagarariye UK mu Rwanda yari yaburiye kutajya mu masezerano yo kohereza...
Inyandiko zitari zarigeze zibonwa mbere zo muri minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu y’Ubwongereza zijyanye n’amasezerano yakuruye impaka yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro mu Bwongereza zagiye...
View ArticleInteko ya Amerika yemeje umwanzuro usaba u Rwanda kurekura Rusesabagina
Inteko ishingamategeko ya Amerika, umutwe w’abadepite, yemeje umwanzuro wo gusaba leta y’u Rwanda ‘kurekura aka kanya’ Paul Rusesabagina ku ‘mpamvu z’ubumuntu’. Umwaka ushize, Rusesabagina yakatiwe...
View ArticleUrubyiruko rw’Abanyarwanda Rurazirikana Umurage wa Kizito Mihigo
Urubyiruko rw’Abanyarwanda rwo muri Diaspora ruravuga ko “ubusabane no kumva akababaro k’undi ari ipfundo ry’amahoro”. Kuri uyu wa gatandatu bamwe muri bo baturutse imihanda yose y’isi bahurira I...
View ArticleAntony Blinken ugiye kuza i Kigali azabaza ibya Paul Rusesabagina
Minisitiri’ w’ububanyi n’amahanga wa Amerika ugiye kugirira uruzinduko mu Rwanda azabaza abategetsi ku ifungwa rya Paul Rusesabagina, uburenganzira bwa muntu, no gufunga urubuga rwa politiki ku...
View ArticleLeta y’U Rwanda yavuze ko itasubiza ‘raporo itarasohoka’ ivuga ko rufasha M23
Leta y’u Rwanda yatangaje ko itasubiza kuri raporo itarasohoka kandi itaremezwa irushinja gufasha umutwe wa M23, naho leta ya Congo ivuga ko ishyigikiye iyo raporo “yahawe akanama k’umutekano ka ONU”....
View ArticleAbadepite Babiri B’Amerika Barasaba ko Paul Rusesabagina Yafungurwa
Abadepite babiri ba Leta zunze ubumwe z’Amerika barasaba minisitiri w’ububanyi n’amahanga wabo, Antony Blinken, gusaba n’imbaraga leta y’u Rwanda kurekura Paul Rusesabagina. Aba badepite ni bwana...
View ArticleFrank Habineza Arasaba Leta Gushyikirana n’Abo Batavuga Rumwe
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukijije Depite Frank Habineza amaze guha ikiganiro abanyamakuru, aho yumvikanye asaba Leta y’u Rwanda kugirana ibiganiro n’abatavuga rumwe...
View ArticleAmerika ‘ihangayikishijwe cyane n’amakuru yo kwizerwa’ yuko u Rwanda rufasha...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Amerika Antony Blinken yavuze ko igihugu cye “gihangayikishijwe cyane n’amakuru yo kwizerwa yuko u Rwanda rwahaye ubufasha” umutwe w’inyeshyamba wa M23 ukorera mu...
View ArticleAnthony Blinken Yageze mu Rwanda
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Amerika yageze i Kigali mu ijoro ryo ku wa gatatu aho agiye gusoreza uruzinduko amazemo iminsi muri Aziya na Africa. Mu ngingo byitezwe ko Antony Blinken aganiraho...
View ArticleBlinken mu Rwanda: Icyo impande zitandukanye zimusaba
Ku ruzinduko rwa Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Amerika uri i Kigali, bamwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda banditse ibaruwa imuburira, naho abavuga ko bagizweho ingaruka n’ibitero...
View ArticleSIT IN IMWE MU NTWARO IHIRIKA INGOMA Y’IGITUGU
Yanditswe na UWITUZE Germaine KU BATAYIZI SIT IN NI IKI ? YAVUTSE ITE ? Sit-in (Kwicara) ni ubwoko bw’imyigaragambyo irangwa nuko abitabiriye iyombyigaragambyo bafata umwanya bakicara yaba munzira...
View ArticleAntony Blinken: Ubutumwa ni bumwe kuri Tshisekedi na Kagame
Umunyamabangawa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ashinzwe ububanyi n’amahanga avuga ko, mu rugendo yakoze mu Rwanda no muri Repuburika ya Demokrasi ya Congo, yahaye ubutumwa bumwe abategetsi b’ibyo bihugu...
View ArticleBlinken yavuze ko Amerika ihangayikishijwe na raporo yasohotse yemeza ko u...
Mu ijoro ry’ejo kuwa gatatu, Ministiri w’Ububanyi n’amahanga w’Amerika Antony Blinken yageze mu Rwanda, aho yaganiriye n’abayobozi b’igihugu ku kibazo cy’umutekano wo mu burasirazuba bwa Kongo. Blinken...
View ArticleKohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro: Umujyanama yari yaburiye Ubwongereza...
Abaminisitiri bo mu Bwongereza bari bashyigikiye kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro bari baburiwe n’umujyanama wabo ko leta y’u Rwanda ikorera iyicarubozo (kuborezwa igufa mu Kirundi) abatavuga...
View ArticleFélicien Kabuga: Urubanza rwe mu mizi ruzatangira tariki 29 Nzeri 2022
Umucamanza ukuriye urubanza rwa Félicien Kabuga ruri mu rugereko rwasigaye ruca imanza zitarangijwe n’urukiko rwa Arusha, yatangaje ko urubanza rwe mu mizi ruzatangira tariki 29 Nzeri(9). Kabuga...
View Article