Kwibuka 2018: KWIBUKA ABAGIYE NO GUHOZA ABAKIRIHO, MPORE.
Aya ni amwe mu magambo yavugiwe mu muhango wo kuwa 28/04/2018, I Buruseli Mu bubiligi. K’ubutumire bw’amashyirahamwe Jambo, RIFDP na CORWABEL, abayarwanda n’inshuti zabo bitabiriye umuhango wo...
View ArticleIkondera Libre ryaganiriye na Noble Marara
Hari ku itariki ya 28/04/2018, mu muhango wo kwibuka abahitanywe n’amahano y’ubwicanyi ndengakamere yoretse imbaga y’abanyarwanda, asigira u Rwanda icuraburindi n’imiborogo, na magingo aya. Kwibuka...
View ArticleKiziba: Impunzi ziti batwimye imirambo y’abacu ngo tubashyingure
Nyuma y’aho Polisi y’igihugu ikoze ibikorwa byo gusaka mu nkambi ya Kiziba, ndetse igatangaza ko impunzi 23 zafatiwe mu bikorwa by’urugomo zigashyikirizwa ubugenzacyaha, Impunzi ziravuga ko zifite...
View ArticleBurundi: VOA na BBC Bizafungirwa Imirongo ya FM
Urwego rujejwe gucungera ingene ibinyamakuru bikora mu Burundi, CNC, rwafashe ingingo yo guhagarika imiringo ya FM amaradiyo mpuzamakungu abiri, VOA na BBC, asamiranira ku butaka bw’igihugu c’Uburundi...
View ArticleCentrafrique: Perezida Kagame yaba agiye kwishora mu yindi ntambara.
Yanditswe na Marc Matabaro Amakuru atangazwa na Ministeri y’ingabo mu Rwanda ku rubuga rwayo rwa Twitter aravuga ko Leta y’u Rwanda yohereje mu gihugu cya Centrafrique, ingabo zigera kuri 540 ziganjemo...
View ArticleUrubanza rwo kwa Rwigara rwahinduye isura Tabitha Gwiza, JP Turayishimye...
Abagize umuryango wa Nyakwigendera Assinapol Rwigara bitabye ubutabera mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere ngo baburanishwe urubanza mu mizi ku byaha byo guteza imvururu, cyangwa imidugararo muri Rubanda....
View ArticleRwanda: Ibiza bikomeje guhitana ubuzima bw’abantu
Mu Rwanda imvura imaze iminsi igwa ikomeje guhitana abantu n’ibintu, mu ijoro ryakeye mu Karere ka Karongi -uburengero bw’Urwanda- hapfuye abantu 13, naho mu nkengero z’Umugi wa Kigali mu Murenge wa...
View ArticleNyuma y’ikibazo cya Bougie:Meya na Visi Meya ba Nyabihu beguriye icyarimwe!
Ku murongo wa telefone Uwanzwenuwe Theoneste yemereye ikinyamakuru UMURYANGO dukesha iyi nkuru ko yeguye ku buyobozi bw’ akarere ka Nyabihu yongeraho ko ari ku mpamvu ze bwite. Yagize ati “Muragira ngo...
View ArticleNyabihu: Kuregwa kutakira Bougie mu mihango yo kwibuka bitumye Mukansanga...
Yanditswe na Marc Matabaro Amakuru agera kuri The Rwandan muri iri joro ryo ku wa gatanu tariki ya 11 rishyira ku wa gatandatu tariki ya 12 Gicurasi 2018, aravuga ko uwari Visi meya ushinzwe imibereho...
View ArticleUmunyamakuru Fidèle Twiringiyimana akurikiranyweho icyaha cyo “Gukozisoni...
Yanditswe na Ben Barugahare Mu mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 12 Gicurasi 2018 nibwo inkuru yabaye kimomo ko umunyamakuru Fidèle Twiringiyimana, ukorera Radio na TV1 yatawe muri yombi...
View ArticleBurundi: 26 Bagandaguwe n’Abitwaje Ibirwanisho mu Ntara ya Cibitoke
Abantu 26 baraye bagandaguwe 7 barakomereka, mu gitero cakozwe n’umurwi witwaje ibirwanisho mu mihana itandukanye yo ku mutumba Ruhagarika wo muri komine Buganda y’Intara ya Cibitoke mu Burundi....
View ArticleKizito Mihigo arashaka ko urubanza rwe rutandukanywa n’urw’abandi bareganwa
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere ni bwo umuhanzi w’icyamamare mu Rwanda Kizito Mihigo yitabye urukiko aburana ubujurire bwe ku byaha by’ubugambanyi bugamije kugirira nabi ubutegetsi buriho. Kizito...
View ArticleAbakozi babiri b’intara y’amajyepfo bafunzwe bazira impupuro ngo zisebya...
Yanditswe na Marc Matabaro Amakuru agera kuri The Rwandan kuri uyu wa mbere tariki ya 14 Gicurasi 2018 aravuga ko abakozi 2 b’intara y’amajyepfo ubu batawe muri yombi ngo bazira impupuro zidasinye...
View Article